PairID
stringlengths 14
21
| Language
stringclasses 9
values | Sentence1
stringlengths 2
790
| Sentence2
stringlengths 6
1.37k
| Length
int64 2
2
| Score
float64 0
1
|
---|---|---|---|---|---|
kin_train_00556 | kin | Kugeza ubu imibiri irenga ibihumbi 11 nibo bashyinguwe mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro mu karere ka Gatsibo. | Muri uyu muhango hashyinguwe mu cyubahiro imibiri umunani y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwibutso rwa Kamonyi ruherereye mu Kibuza, rusanzwe rushyinguwemo imibiri isaga ibihumbi | 2 | 0.44 |
kin_train_00557 | kin | Habumuremyi yakomeje kandi asaba abayobozi gukangurira abaturage gutanga mitiweli ,kugira ngo mu gihe cya vuba abagomba kuyitanga babe bayitanze. | Abayobozi twese ndagira ngo twisubire ho dukangurire abaturage kugira ngo Mituelle de Santé rwose mu gihe cya vuba abagomba kuyitanga bose bazabe bayitanze". | 2 | 0.66 |
kin_train_00558 | kin | Ni amasezerano azatuma kandi mu Rwanda haba ikigo cy'icyitegererezo cya Volkswagen kuko biri no muri gahunda y'urwo ruganda yo kwagura ibikorwa byarwo muri Afurika. | Geek Africa, Lucy Mbabazi, yavuze ko hakozwe ibikorwa byo iri rushanwa haba mu Rwanda no mu bihugu 22 biri muri gahunda ya Smart Africa. | 2 | 0.25 |
kin_train_00559 | kin | Aba baturage bavuga ko hari igihe abantu bajyaga mu bitaro ari benshi, bikaba ngombwa ko abarwayi babiri cyangwa batatu baryama ku gitanda kimwe. | Ati "Hari hatoya cyane, ugasanga birabangamye kuko hari igihe ababyeyi baryamaga ku gitanda ari babiri cyangwa banarenga." | 2 | 0.66 |
kin_train_00560 | kin | Ni Guverinoma yagiyeho nyuma y’iminsi mike Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe n’ingabo zari iza FPR Inkotanyi. | Ni urugamba rwamaze imyaka ikabakaba ine kuko rwasojwe tariki 4 Nyakanga 1994 ari na bwo ingabo zari iza FPR Inkotanyi zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi. | 2 | 0.66 |
kin_train_00561 | kin | Umukino wo kwishyura hagati ya AS Kigali na KCCA uzabera i Kampala tariki ya 6 Mutarama | Umukino wo kwishyura uteganyijwe mu cyumweru kimwe, uzabera i Kigali kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. | 2 | 0.47 |
kin_train_00562 | kin | Abacukura amabuye y'agaciro muri Mine ya Gifurwe bibutswa ko iyo mine igomba kubafasha kubona amafaranga bagahanga indi mirimo bityo bagaharira n'abandi nabo bagacukura. | Abacukuzi bahamya ko ibateza imbere Abacukura amabuye y'agaciro muri Mine ya Gifurwe bahamya ko iyo mine imaze kubageza kuri byinshi. | 2 | 0.91 |
kin_train_00563 | kin | Iki gitaramo cyiswe ‘Worship Legacy Season 2’ cyabereye i Rusororo muri Intare Conference Arena, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi | Iki gitaramo cyari gitegerezanyijwe amatsiko n’abihebeye umuziki uhembura ubugingo, ugasubiza intege mu bacogoye mu rugendo rugana i Siyoni cyiswe ‘Worship Legacy Season 2’. | 2 | 0.62 |
kin_train_00564 | kin | Ubu noneho hateganijwe kongera guhuza andi mashami (colleges), mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ireme ry'uburezi. | Usta Kayitesi mu kiganiro cyihariye na Makuruki.rw, yavuze ko hateganijwe kongera guhuza andi mashami ya Kaminuza y'u Rwanda mu rwego rwo kuzamura ireme ry'ibyo yigisha. | 2 | 0.81 |
kin_train_00565 | kin | Ibintu bitera impumuro mbi mu gitsina n’uko wabyirinda Kugira impumuro mbi mu gitsina n’ubwo waba wakarabye ni ikibazo yaba kuwo bibaho ndetse no kuwo bashakanye. | Kugira impumuro mbi mu gitsina ubonye uko wabyirinda ndetse n’uko wabyitwaramo igihe waba ufite iki kibazo. | 2 | 0.72 |
kin_train_00566 | kin | Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubutabera mpuzamahanga muri Minisiteri y’Ubutabera, Umurungi Providence, yavuze ko icuruzwa ry’abantu atari ikibazo cy’u Rwanda gusa ahubwo cyugarije Isi yose. | Mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe Guteza imbere Imiturire (RHA) Bwana BUCYANA Emmy: Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ikoranabuhanga n’imicungire y’amakuru. | 2 | 0.36 |
kin_train_00567 | kin | Umutoza Antoine Hey yakoze impinduka mu bakinnyi 11 bahura na Tanzania | Umutoza wa APR FC, Mulisa Jimmy, yari yakoze impinduka mu bakinnyi batandatu muri 11 yakoresheje atsindwa na AS Kigali. | 2 | 0.29 |
kin_train_00568 | kin | Antonio Conte kandi yaranikiye ikipe y'igihugu y'Ubutaliyani akaba ari mu bakinnyi bakinnye igikombe cy'isi muri 1994, aho yarakiniye ikipe y'Ubutaliyani imikino 20 akayitsindira ibitego | Antonio Conte yaje guhesha ikipe y'igihugu y'Ubutaliyani itike yo kujya gukina igikombe cy'Uburayi mu Bufaransa uyu mwaka. | 2 | 0.69 |
kin_train_00569 | kin | Kutazana amavangingo ni ingingo ituma abagabo benshi cyane baca inyuma abagore babo bakajya gushaka abandi bafite ayo mavangingo. | Abagabo na bo bafite abagore badafite uburanga buhebuje na bo ngo babaca inyuma cyane kurenza abafite abagore b’uburanga. | 2 | 0.47 |
kin_train_00570 | kin | Ku rubuga https://therapeutesmagazine.com, bavuga ko kunywa icyayi cy’ibibabi by’amapera byafasha mu kugabanya ingano y’ibinure bibi(cholesterol) mu mubiri, ahubwo kikongera ibinure byiza bikenewe mu mubiri. | Ku rubuga https://www.guavafacts.com, bavuga ko icyayi cy’ibibabi by’amapera gifasha mu kurwanya ibibazo bitandukanye byibasira impyiko. | 2 | 0.78 |
kin_train_00571 | kin | Umwe yagize ati:"Abantu basigaye baza bakakubwira ngo bapime ubadodere ariko akagusaba ko mujya mu bwiherero umupime yambaye ubusa ngo nibwo imyenda imukwira. | Nonese umuntu araza akakubwira ngo umupime yambaye ubusa ngo nibwo imyenda izamukwira. ubwo se ibyo ni ibintu. | 2 | 0.72 |
kin_train_00572 | kin | Yagize ati "Tumaze umwaka turi abakorerabushake barwanya ruswa n'akarengane , twabifashijwemo na Transparency International Rwanda ,twahunguwe kuri amwe mu mategeko y'ibanze. | Umurungi Francine, umukozi wa Transparency Rwanda avuga ko abakorerabushake barwanya ruswa bakorana kandi bafasha abaturage kuburyo bamaze kugira uruhare mu kurwanya ruswa n'akarengane. | 2 | 0.78 |
kin_train_00573 | kin | Ishami ry'umuryango w'abibumbye rishinzwe ibiribwa WFP rigaragaza ko mu buri mwaka hasarurwa Toni zirenga miliyoni 3 z'ibirayi ku Isi yose. | Ishami rya Loni rishinzwe kurwanya SIDA, UNAIDS rigaragaza ko ku isi hari abantu miliyoni 9 babana na virusi itera SIDA. | 2 | 0.12 |
kin_train_00574 | kin | Iyi gahunda igamije korohereza abarimu bigisha mu mashuri yisumbuye yo mu cyaro kubona amazi meza mu buryo bworoshye kandi ku giciro gito. | Avuga kandi ko bafite gahunda yo gukomeza kwagura icyo gikorwa ku buryo bazageza amazi meza ku baturage benshi hagamijwe ko bagira ubuzima bwiza. | 2 | 0.53 |
kin_train_00575 | kin | Ibi biganiro bizasozwa n'ijoro ryo kwibuka ndetse ku wa gatandatu hakazaba kwibuka nyirizina abakozi n'abandi bakoraga mu bitaro bya Kibogora bahitanywe na Jenoside yakorewe Abatutsi. | Abaganga ba Kibogora mu biganiro bijyanye n'icyumweru bahariye kwibuka abaguye muri ibyo bitaro muri Jenoside yakorewe Abatutsi. | 2 | 0.5 |
kin_train_00576 | kin | Kuva Wenger yagera muri Arsenal mu mwaka wa 1996, ikipe yatwaye ibikombe bya shampiyona bitatu, n'ibya FA Cup bitandatu. | Ikipe ya Young yatwaye ibikombe 5 bya CECAFA Kagame cup ndetse na 24 bya Shampiyona y'iwabo . | 2 | 0.16 |
kin_train_00577 | kin | Abahanga mu by’imikorere y’ubuzima bw’umuntu bakugira inama yo kunywa amazi nibura buri minota 45 kugira ngo umubiri urusheho gukomeza gukora neza. | Gusohora imyanda Kunywa amazi ahagije bifasha buri gice cy’umubiri gukora neza. | 2 | 0.72 |
kin_train_00578 | kin | Iki gitaramo cyabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village [ahazwi nka Camp Kigali] ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 10 Ukuboza | Iki gitaramo cyiswe ‘Worship Legacy Season 2’ cyabereye i Rusororo muri Intare Conference Arena, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 26 Gicurasi | 2 | 0.16 |
kin_train_00579 | kin | Itangazo rya LG rivuga ko uru ruganda rwahagaritse gutunganya telefone zigendanwa, rukaba rugiye kwibanda mu gukora indi bikoresho by’ikoranabuhanga. | Uretse gutunganya telefone zigendanwa, uru ruganda rukora televiziyo za rutura, ibirahure bya telefone, batiri zo mu modoka, radiyo zo mu modoka n’ibindi. | 2 | 0.41 |
kin_train_00580 | kin | Ati “Ni ikimenyetso kigaragaza imbaraga n’ubushake bwinshi ubuyobozi bw’igihugu cyacu bushyira mu guteza imbere imitangire ya serivisi hakoreshejwe ikoranabuhanga mu rwego rwo kubungabunga ubuzima bw’Abanyarwanda. | ko imbaraga nyinshi zikwiriye gushyirwa mu baturage bakamenya inyungu za serivisi ibigo by’imari byashyizeho zigamije guteza imbere ikoranabuhanga mu guhererekanya amafaranga Amafoto: Muhizi Serge | 2 | 0.57 |
kin_train_00581 | kin | Minisitiri Biruta, yavuze ko gucana Urumuri Rutazima bigaragaza kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, kugarurira agaciro abazize Jenoside ndetse n'u Rwanda muri rusange. | Iki gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe abatutsi, cyateguwe n'umuryango Never Again, ugizwe n'abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda ufatanyije n'inshuti zawo. | 2 | 0.53 |
kin_train_00582 | kin | By'umwihariko yashimye intambwe u Rwanda rugezeho, kugeza n'aho rwohereza abapolisi mbere y'uko itariki yateganyijwe n'Umuryango w'Abibumbye igera. | Kugeza ubu u Rwanda rufite abapolisi 528 mu butumwa bw'amahoro bw'umuryango w'abibumbye mu bihugu bitandukanye byo ku isi. | 2 | 0.59 |
kin_train_00583 | kin | Imibare ya BNR igaragaza ko abanyarwanda bakoresha Mobile Money bavuye ku 231 000 mu mwaka wa 2010, bakagera kuri miliyoni 6 muri Kamena | Amafaranga yahererekanyijwe kuri Mobile Money yavuye kuri miliyoni 3 mu mwaka wa 2010, agera kuri miliyari 19 muri Kamena | 2 | 0.44 |
kin_train_00584 | kin | Ubusanzwe lunettes de lumière bleue zishobora kugira umumaro igihe umuntu akoresha mudasobwa kuko zisubiza inyuma urumuri rwayo, ariko hari izindi zabugenewe zizwi nka lunettes d’ordinateur. | Lunettes de lumière bleue zisubiza inyuma urumuri rw'ubururu rushobora kwangiza amaso yawe Lunettes d’ordinateur zituma ibyo ureba muri mudasobwa byigira inyuma bityo amaso yawe ntiyangirike | 2 | 0.81 |
kin_train_00585 | kin | Hari ama couple ahitamo gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi, hari n’andi yiha igihe runaka bitewe n’impamvu zitandukanye ziirmo akazi, n’ibindi. | Ubusanzwe igitsina cy’umugabo gishobora guhindura ingano yacyo bitewe n’impamvu zitandukanye harimo nko kuba yiteguye gukora imibonano mpuzabitsina, ihindagurika ry’ibihe, ndetse n’ibindi,…. | 2 | 0.31 |
kin_train_00586 | kin | Imyigaragambyo y'Interahamwe zambaye imyenda yazo n'amashara, (...) | Imyigaragambyo y'Interahamwe zambaye imyenda yazo n'amashara, zinaganitse ku mamodoka biziritseho, ubwicanyi bwabo mu gihugu, yari integuza. | 2 | 0.78 |
kin_train_00587 | kin | Hari abagore benshi usanga abagabo babo bagerageza kubahindurira uburyo bateramo akabariro bakanga bitwaje ngo ntibabyiviramo bagahora bakoresha u buryo bumwe nyamara wenda umugabo wawe yaraburambiwe. | Gufata umwanya ukanezeranwa n’abana bawe Ibi byo abagabo benshi barabitsinda ariko ntibazi ko ari uburyo bumwe bwo kwereka abagore babo ko babakunda. | 2 | 0.47 |
kin_train_00588 | kin | Perezida Kagame kandi yavuze ko u Rwanda rwishimiye gukomeza imibanire myiza rufitanye n’abashoramari b’Abashinwa. | Perezida Kagame yavuze ko nta ngufu za gisirikari u Rwanda rufite, nta n'ikoranabuhanga rihanitse, ariko ko hari ikindi bafite, aricyo mbaraga z'umujinya. | 2 | 0.34 |
kin_train_00589 | kin | Umugore ufite ikibazo cyo kumva atakigira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, ashobora kubiterwa n’impamvu zitandukanye. | Ibibazo by’imisemburo Igihe umugore ari ageze mu gihe cyo gucura (atakibyara) ashobora kugira ikibazo cy’imisemburo imwongerera ubushake bwo kumva yifuje kuryamana n’umugabo. | 2 | 0.59 |
kin_train_00590 | kin | Uzwi cyane ni Chloroquine, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ukaba Umuryango mpuzamahanga ushinzwe iby’ubuzima wamaze guhagarika ubushakashatsi bwakorwaga kuri uwo muti. | Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryaburiye ko iki cyorezo kiri kongera umuvuduko. | 2 | 0.25 |
kin_train_00591 | kin | Ubuyobozi bwa PSF buvuga ko bukirimo gutegura ingengo yimari na gahunda yibikorwa byo kwibuka no gufasha abarokotse Jenoside muri buri ntara. | Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kibogora buvuga ko bafite gahunda yo kuzasura izindi nzibutso, gusura inzibutso za Jenoside kikaba ari igikorwa bateganya gukora buri mwaka. | 2 | 0.31 |
kin_train_00592 | kin | Babitangaje kuwa kane tariki 7 Mata 2016, mu biganiro bijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu | Celis avuga ko uruhare rwe ari ukubwira Abanyaburayi by'umwihariko abakoresha ururimi rw'Igifaransa, ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata | 2 | 0.5 |
kin_train_00593 | kin | Polisi ikaba isaba abaturage gukomeza gutanga amakuru mbere kandi ku gihe kugira ngo hakomezwe ingamba zo gukumira ibyaha bitaraba. | Amakuru polisi ifite arifashishwa mu gutahura abandi bajura bari muri iri tsinda kandi abaturage barasabwa gukomeza gutanga amakuru yose bamenya ngo umutekano udahungabana. | 2 | 0.69 |
kin_train_00594 | kin | Mu 2016, Arsène Tuyi yahawe igihembo cya Groove Awards Rwanda nk’umuhanzi mushya w’umwaka mu ruhando rw’abaririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bakoze cyane. | Iri tsinda rifite ibigwi kuko ryahembwe muri Groove Awards Rwanda 2016, nka Korali y’Umwaka, ifite Indirimbo nziza y’Umwaka n’iyo Kuramya y’Umwaka. | 2 | 0.54 |
kin_train_00595 | kin | Ezechiel Ndabarinze umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Munyiginya avuga ko bagifite abakozi bacye ariko bikaba bitica serivise baha abaturage babagana. | Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Munyiginya mu Karere ka Rwamagana, Ezechiel Ndabarinze, yavuze ko kuva babona amashanyarazi babashije gutanga serivisi nyinshi ndetse akazi karushaho kuborohera. | 2 | 0.62 |
kin_train_00596 | kin | Umunyamabanga nshingwabikorwa wa CNLG, Dr Bizimana Jean Damascène nawe yari ahari. | André Twahirwa, Dr Jean Damascène Bizimana na Albert Toch bari mu bitabiriye ibyo biganiro Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG) Dr. | 2 | 0.56 |
kin_train_00597 | kin | Shampiyona iyobowe by’agateganyo na Kiyovu Sports ifite amanota 24 , AS Kigali ya 2 ifite | Kugeza ubu AS Kigali niyo ikomeje kuyobora shampiyona n'amanota 12 n'ibitego 7 izigamye naho Police FC ikaba iya kabiri ifite amanota 12 ikazigama ibitego | 2 | 0.44 |
kin_train_00598 | kin | Mark Bryan Schreiner yavuze ko abaturage bakwiye gukomeza guhabwa amakuru yerekeranye no kuboneza urubyaro ndetse bakegerezwa na serivisi zabafasha mu kuboneza urubyaro. | Muri ibyo birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abatuye isi, abaturage banaboneyeho n’umwanya wo guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro. | 2 | 0.41 |
kin_train_00599 | kin | Gutsindwa kwa Rayon Sports byatumye AS Kigali iza ku mwanya wa kabiri n'amanota 21 aho irushwa na APR FC ya mbere amanota abiri gusa. | APR FC yari ihanganye na Rayon Sports yo yatakaje amanota abiri i Nyakinama aho yanganyije na Musanze FC ubusa ku busa. | 2 | 0.47 |
kin_train_00600 | kin | Kugeza ubu, abapadiri n’abandi banyamadini bashyigikira ubutinganyi biganje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada n’u Burayi. | Gusa ngo bitewe n'abimukira, iyi migenzo igera no muri Leta Zunze Ubumwe za amerika, Australia no mu bihugu bitandukanye by'i Burayi. | 2 | 0.34 |
kin_train_00601 | kin | Ukwiyongera cyane kwabonetse mu bigo by’ubwishingizi bya leta ari byo RSSB na MMI, aho hiyongereyeho miliyari 6FRW bitewe n’abishinganisha bashya bangana na 432 | RSSB na MMI nibyo byazamutse cyane bigera kuri miliyari 4 FRW ugereranyije na miliyari 9 FRW ku bigo by’ubwishingizi byigenga. | 2 | 0.91 |
kin_train_00602 | kin | Ibinyoma abagabo bubatse babeshya abakobwa bashaka ko baryamana gusa Mu gihe ukundana n’umugabo wubatse ukaba ukeka ko hari aho umubano wanyu uzagera, tekereza | Ibi ni ibinyoma abagabo bubatse bakunda guhuriraho babeshya abagore cyangwa abakobwa babasezeranya kuzabana nyamara bishakira ko baryamana bakabayarana abo. | 2 | 0.84 |
kin_train_00603 | kin | Amafaranga nakoreye ubanza yari nka 3 000 Frw ariko kuri njyewe byari ibintu bikomeye cyane kuko bwari ubwa mbere nari mpembwe n’umuziki. | Ohlsson: Byari byiza ariko nari nafite impungenge kuko ari ubwa mbere duhuye. | 2 | 0.28 |
kin_train_00604 | kin | Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Amajyepfo, Chief Superintendent Hubert Gashagaza, atangaza ko polisi itajya irekura umuntu yafatanye urumogi, imyanzuro nk'iyo ikaba ifatwa n'ubushinjacyaha. | Chief Superintendent Francis Gahima, Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu ntara y'Amajyaruguru yaganirije abo banyeshuri ababwira ko ibiyobyabwenge byangiza ubwonko bityo kwiga ntibigende neza. | 2 | 0.25 |
kin_train_00605 | kin | Kuva APR FC ibona igitego niyo yakomeje kwiharira umupira no gukina neza ahanini biturutse ku guhanahana neza imipira kwa Buteera Andrew, Bizimana Djihad na Muhajiri. | Mukura VS yakomeje kotsa igitutu APR FC ari nako ibona uburyo bumwe na bumwe bwari kuvamo igitego ariko Kimenyi Yves agakomeza kuba ibamba. | 2 | 0.34 |
kin_train_00606 | kin | Akomeza agira ati:"Ubu tuvugana mvuye gusaba imbabazi Paccy kuko yakundaga Cyusa nkarenga ngashaka kumuca intege kuko nashakaga ko Cyusa yakundana na Esther. | akomeza agira ati:"ubu rero mboneyeho umwanya wo gusaba imbabazi umuvandimwe wanjye Esther kuko naharabitse umukunzi we kandi mubeshyera ni ukuri nabiterwaga n’amafaranga nahabwaga na Cyusa!" | 2 | 0.59 |
kin_train_00607 | kin | Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda yakomeje asaba abaturage gutanga amakuru ahagaragaye ikibazo nk'iki hakiri kare. | Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Damas Gatare akaba asaba abaturage kwirinda ikintu cyose cyateza inkongi z’umuriro nk’insinga z’amashanyarazi buji n’ibindi. | 2 | 0.44 |
kin_train_00608 | kin | Imikino ya CECAFA iteganyijwe kubera muri Kenya kuva tariki ya 3 kugera 17 Ukuboza 2017 aho buri tsinda ririmo amakipe | Uko amakipe azakina Tariki ya 03 Ukuboza 2017 Itsinda A Libya vs Tanzania Kenya vs Rwanda | 2 | 0.38 |
kin_train_00609 | kin | Diarra yasinye amasezerano muri Rayon Sports yongereye imanza za Leopard mu Rwanda Ismailla Diarra rutahizamu wa Rayon Sports yamaze kongera amasezerano muri iyi kipe. | FERWAFA yatangaje ko yamaze gusubika ibyangombwa bijyana Diarra muri Kenya kuko yamaze kongera amasezerano muri Rayon Sports. | 2 | 0.44 |
kin_train_00610 | kin | Kazan Arena Iyi ni stade yubatse mu Mujyi wa Kazan, ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45,379 ikaba yarafunguwe mu mwaka wa | Stade ya Fisht: Iyi stade yubatse mu Mujyi wa Sochi, yafunguwe mu 2013, ikaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 47, | 2 | 0.34 |
kin_train_00611 | kin | Yavuze ko mu gihugu ahagarariye cya Israel ingufu nyinshi ziri gushyirwa mu bikorwa bihuza abantu nka siporo, umuco n’ubugeni kugira ngo abantu bongere kubana neza. | Ati “Nyuma y’imyaka 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ihagaritswe, abantu bashobora kongera guhuzwa na siporo, umuco n’ubugeni kugira ngo bakire ibikomere.” | 2 | 0.38 |
kin_train_00612 | kin | Hari ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe umugore ari mu mihango ? | Mu gusubiza uwabajije ikibazo, Dr Iba yavuze ko kuva amaraso mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ari ikintu kidasanzwe kabone n’ubwo umugore yaba yaracuze. | 2 | 0.38 |
kin_train_00613 | kin | Iki gitaramo cyiswe “Thanksgiving Celebration Live Concert” giteganyijwe kubera Kerkplein1 mu Buholandi ku wa 4-5 Mata | Iki gitaramo cyiswe “Mpa Amavuta Live Concert” gitegerejwe kubera muri Kigali Arena ku wa 1 Werurwe | 2 | 0.41 |
kin_train_00614 | kin | Mu Rwanda hatangiye gukorerwa udupfukamunwa two kwa muganga Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwatangiye gukora udupfukamunwa twifashishwa kwa muganga ndetse n’abantu ku giti cyabo. | Inganda zitandukanye ndetse n’abantu ku giti cyabo bakomeje gukora udupfukamunwa mu moko atandukanye, ikintu kimaze kuba umuco muri ibi bihe cyo kwirinda COVID | 2 | 0.66 |
kin_train_00615 | kin | Uramutse uyikeneye wahamagara kuri 0789433795/0726355630 cyangwa ukaba wagana Horaho Life aho ikorera kwa Rubangura muri Etage ya 3, mu muryango wa | Izo nyunganiramirire ziboneka muri Horaho life company ikorera mu mujyi wa Kigali kwa Rubangura, etage 3, umuryango | 2 | 0.78 |
kin_train_00616 | kin | Kugeza ubu abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda ni 134 mu gihe 49 bamaze gukira iki cyorezo bagasezererwa mu bitaro. | Kugeza kuri uyu wa Kabiri abari bamaze gusangwamo Coronavirus mu Rwanda ni abantu 286, barimo 153 bamaze gukira, mu gihe abakirwaye ari | 2 | 0.44 |
kin_train_00617 | kin | Byari agahebuzo ubwo Ruhago Sports Promoters na Rayon Sports batangizaga ku ku mugaragaro ubufatanye bwabo! | Tubibutse ko Ruhago Promoters LTD yatangiye ubufatanye n’ikipe ya Rayon Sports buzamara imyaka 5 | 2 | 0.78 |
kin_train_00618 | kin | Banyuriwemo amateka ya Online Fan Club Tariki 8 Ukwakira 2016 nibwo Online Fan Club yashinzwe n’abanyamuryango | Tariki 13 Gicurasi 2018 nibwo abagize Online Fan Club bashyikirije Mukandoli Josephine inzu bamusaniye. | 2 | 0.56 |
kin_train_00619 | kin | Abidjan: Abacuruzi bo mu Rwanda bagendereye Cote d'Ivoire mu rwego rwo kwagura amarembo Yanditswe kuya 1-08-2014 saa 10:59' na Kayonga J. | Uwanditse igitabo kitavugwaho rumwe yise "Uzababwire ko uri Umuhutukazi" yahawe igihembo Yanditswe kuya 11-03-2013 saa 07:33' na Kayonga J. | 2 | 0.22 |
kin_train_00620 | kin | Uyu mugore w'imyaka 42 ukomoka muri Gibraltar yagaragaje ko yarakajwe bikomeye n'umutoza Jose Mourihno ndetse n'ikipe ya Chelsea yamwirukanye amaze gushwana n'umutoza. | Uyu muganga yirukanywe muri Chelsea nyuma yo gushwana n'umutoza Jose Mourihno amuziza ko yagiye mu kibuga kuvura Eden Hazard wari wavunitse. | 2 | 0.56 |
kin_train_00621 | kin | Bimwe mu biranga ba Rajesh Ni umuntu ufite amarangamutima arenze urugero ku buryo adashobora no kuba yavuga mu gihe yishimye cyane cyangwa yababaye cyane. | Ni umuntu ugaragara inyuma yishimye uzi kuganira , ariko akirinda kuba yavuga kubimwerekeyeho, ibimureba abigira ibanga mu buryo buhambaye. | 2 | 0.5 |
kin_train_00622 | kin | Dore abahabwa amahirwe menshi yo kuyobora Umutwe wa SENA y'u Rwanda Nyuma y'aho Dr. | Vincent Biruta wayoboye Sena ya mbere y'u Rwanda Umutwe wa Sena muri manda yawo ya mbere wayobowe na Dr. | 2 | 0.5 |
kin_train_00623 | kin | Yashimye abikorera batekereje igikorwa cyo kwibuka abacuruzi bazize Jenoside bakaremera n'imfubyi n'abapfakazi barokotse. | Umuyobozi w'Akarere ka Kirehe Wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y'Abaturage, Murekatete Jacqueline, yashimiye abikorera bateguye igikorwa cyo kwibuka abacuruzi bazize Jenoside. | 2 | 0.5 |
kin_train_00624 | kin | HATEGEKIMANA Richard Perezida w’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda, E-mail: [email protected] | Umuyobozi w’urugaga rw’abanditsi mu Rwanda, Hategekimana Richard yavuze ko icyo kigega nikiramuka kigiyeho kizafasha mu gukemura bimwe mu bibazo abanditsi bajyaga bahura nabyo. | 2 | 0.44 |
kin_train_00625 | kin | Umuyobozi wungirije w'akarere ka Kamonyi ushinzwe imibereho y'abaturage, Uwera Marie Alice, yibukije abatwara ibinyabiziga kwirinda imyitwarire yatuma bateza impanuka. | Umuyobozi w'Akarere ka Ruhango wungirije ushinzwe imibereho myiza y'abaturage Kambayire Annonciata, yamaganiye kure ibyakozwe n'ibi bitaro bya Kinazi avuga ko bagomba kumurekura akishyura ari hanze. | 2 | 0.25 |
kin_train_00626 | kin | Abagore batabona bagaragaza ibyo bashoboye mu gihe u Rwanda n’isi muri rusange bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore, uba ku ya 8 Werurwe ya buri mwaka. | Isi n’u Rwanda byijihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kwita ku Ndwara zidasanzwe uba buri wa 28 Gashyantare. | 2 | 0.25 |
kin_train_00627 | kin | Sunrise FC yaraye itsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa Shampiyona, ifata umwanya wa karindwi n’amanota arindwi. | Muri iyo mikino kandi yatsinzwemo n'amakipe bahanganye harimo uwa APR FC yatsinzwemo ibitego 2-1 ndetse na Rayon Sports yayinyagiye ibitego 3- | 2 | 0.31 |
kin_train_00628 | kin | Ati “Ndashimira abamfasha by’umwihariko papa, kuko amfasha ahantu hose, ndashimira kandi abakurikira ibihangano byanjye mbabwira ko mfite imishinga myinshi izajya hanze mu minsi mike cyane.” | “ Niba virusi itarwanyijwe ngo itsindwe ahantu hose, ntitwayitsinda ku rwego rw’Isi, kuko izajya ahantu hamwe igumeyo, kandi ishobora kutugarukana”. | 2 | 0.22 |
kin_train_00629 | kin | Utaranigwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi! | Yakomeje agira ati “Natangira mbwira urubyiruko ko utaranirwa agaramye agira ngo ijuru riri hafi! | 2 | 0.43 |
kin_train_00630 | kin | Twakwanzura ko kugira ngo imibonano mpuzabitsina iryohere abayikora , igomba kumara hagati y'iminota 17 na 43 habariwemo igihe cyo gutegurana kw'abashakanye nkuko ubushakashatsi bwabigaragaje. | Igihe cyiza cyo gutegurana kigomba kumara hagati y'iminota 10 na | 2 | 0.34 |
kin_train_00631 | kin | Kuwa 29 Kanama 2016, Umuyobozi w’Ishami rihuza ibikorwa by’Imirenge SACCO muri RCA, Mukakarangwa Francisca, yandikiye abayobozi ba Sacco abamenyesha ko bashobora kugura ibikoresho bitangiye isoko. | IGIHE yagerageje kuvugana n’Umuyobozi w’Ishami rihuza ibikorwa by’Imirenge SACCO muri RCA, Mukakarangwa Francisca ari nawe wasinye kuri izi baruwa zombi ntitwamubona kuri telefoni ye igendanwa. | 2 | 0.66 |
kin_train_00632 | kin | Nkuko Padiri Muzungu Bernardin abivuga mu gitabo yise “ Le Patriotisme Jusqu’au Sang’’, Robwa Nyiramateke ni ishema n’icyubahiro ku bagoren’abakobwa babayeho mu mateka y’u Rwanda. | Ibitabo byifashishijwe: Le Patriotisme Jusqu’au Sangcya Padiri Muzungu Bernardin Les Recits Historiques cyaA Coupez na Th Kamanzi | 2 | 0.72 |
kin_train_00633 | kin | Algeria niyo yafunguye amazamu ku munota wa 10 ku gitego cyatsinzwe na Farouk Chafai. | Ku munota wa 29, Algeria yatsinze icya 3 cyatsinzwe nanone na Farouk Chafai. | 2 | 0.78 |
kin_train_00634 | kin | Iki gice kigira uruhare runini mu gukora imibonano mpuzabitsina kuko ari cyo kibika ubushyuhe n'ubushake bwo gutera akabariro ku mugore. | Iki gice kigira uruhare gusa mu gukora cyangwa gukenera imibonano mpuzabitsina ntahandi nko mu gutwita, mu mihango cyangwa mu kwihagarika nk'uko bamwe usanga babyibwira. | 2 | 0.69 |
kin_train_00635 | kin | Musenge kandi mwirinde mutagwa mu moshya, muhore mwiteguye Umwarimu akaba n'umuvugabutumwa: Richard BUROYUMUTIMA From: Gethsemane Gospel Ministries Ukeneye ibindi bisobanuro cyangwa gutanga ubwunganizi Contacts:0722356430 (Whatsapp);0781561919 | Amen Like Face book: Richard Buroyumutima Like page: Gospel Tone Richard BUROROYUMUTIMA Contact: 0722356430 (Whatsapp) From: Gethsemane Gospel Ministries | 2 | 0.28 |
kin_train_00636 | kin | Ubwo yatangiza iyo gahunda, Minisitiri w’Urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana yavuze ko “uwo mushinga nukora neza uzagezwa mu gihugu hose.” | Minisitiri w'Urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean Philbert Nsengimana | 2 | 0.72 |
kin_train_00637 | kin | Nyuma y'uyu muganda umuyobozi w'akarere ka Ruhango, yashimiye uruhare n'urukundo abaturage bagaragaje mu kwitabira iki gikorwa, akaba yabasabye ko bazakomeza buri umwe akakigira icye. | Umuyobozi w'akarere ka Ruhango, Mbabazi Francois Xavier, ni umwe mu bahanuye abakoresha ibiyobya bwenge kubireka, ariko atunga abayobozi binzego z'ibanze kugira uruhare mu ikoreshwa rw'ibiyobyabwenge. | 2 | 0.44 |
kin_train_00638 | kin | Riderman yavuze ko abahanzi bakora Hip Hop biyemeje kutazatanga ruswa ngo ibihangano byabo bicishwe ku ma Radio cyangwa kuri za Tereviziyo. | Iyo ndirimbo ye iri mu njyana ya Hip Hop iri mu za mbere zikinwa cyane ku ma radio na tereviziyo. | 2 | 0.66 |
kin_train_00639 | kin | “Mfite ibyiringiro” ni indirimbo ya kabiri Korali Shalom yashyize hanze kuva umwaka watangira. | Umva indirimbo nshya ya Korali Shalom yise ‘Mfite Ibyiringiro’ Shalom iri muri korali zikunzwe mu ruhando rw’abakunzi b’umuziki uhimbaza Imana | 2 | 0.64 |
kin_train_00640 | kin | Akomeza avuga ko ari byiza gukomeza kubafasha kumenya neza no gusobanukirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’ubukana yakoranywe, bikabafasha gukura neza mu mitekerereze, birinda amacakubiri. | Akomeza avuga ko Jenoside yakorewe abatutsi yatangiye mu karere ka Burera mu kwezi kwa Gashyantare | 2 | 0.44 |
kin_train_00641 | kin | Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryaburiye ko iki cyorezo kiri kongera umuvuduko. | Icyorezo cya COVID-19 kizatinda gucika ku isi (OMS) Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO) ryaburiye isi yose ko icyorezo cya coronavirus kitazarangira vuba. | 2 | 0.44 |
kin_train_00642 | kin | Impamvu zo kwandura indwara zo mu gitsina : Ukumagara mu gitsina kandi bishobora guterwa n'indwara zifata mu gitsina. | Impamvu z'ibiyobyabwenge : Itabi, alukolo nyinshi (alcool) bishobora na byo gutera ukumagara mu gitsina biherekejwe no kunanirwa k'ubwonko, no kugira umunaniro umubiri wose. | 2 | 0.19 |
kin_train_00643 | kin | Inama y'Abaminisitiri yagejejweho raporo ku mishyikirano yabaye hagati ya Guverinoma y'u Rwanda na Sosiyete Hakan Madencilik Ve Elektrik Uretim San. | Inama y'Abaminisitiri yagejejweho Raporo y'ibyakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'Ikinyagihumbi, amasomo u Rwanda rwigiyemo na Gahunda y'Ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'Iterambere Rirambye, irayemeza. | 2 | 0.5 |
kin_train_00644 | kin | Bwana MBONERA Theophile: Umuyobozi Mukuru ushinzwe Serivisi z'Ubutabera/Head of Legal Services/ Principal State Attorney ? | Bwana RUNIGA Pierre Claver: Umuyobozi w'Ishami rishinzwe ibijyanye n'Ikirango n'Ireme ry'inyandiko z'ubutabera/Division Manager/Senior State Attorney ? | 2 | 0.09 |
kin_train_00645 | kin | nuko Esther aramusubiza ati:"urakoze muvandi kandi nanjye usibye kuba nishimira umukunzi wanjye nishimiye no kubona umuvandimwe wanjye anyifuriza ibyiza!" | akomeza agira ati:"ubu rero mboneyeho umwanya wo gusaba imbabazi umuvandimwe wanjye Esther kuko naharabitse umukunzi we kandi mubeshyera ni ukuri nabiterwaga n’amafaranga nahabwaga na Cyusa!" | 2 | 0.56 |
kin_train_00646 | kin | Ashimira abakozi ba BK n'aba Kobil baje kuremera abarokotse Jenoside, yabasabye gufatanya n'ubuyobozi gusura inka zatanzwe no gukurikirana imibereho ya zo. | Yagize ati "Nubwo ari amasosiyeti aba yatanze inka ariko aba agomba gufatanya n'ubuyobozi gukurikirana imibereho y'izi nka." | 2 | 0.53 |
kin_train_00647 | kin | Hari amakuru ku rundi ruhande avuga ko Runtown yaba ari i Kigali aho yaje gusura umukobwa bamaze igihe bari mu rukundo. | Birashoboka cyane ko yaba yaje gusura umukobwa bamaze igihe bashuditse nubwo ntabizi neza.” | 2 | 0.44 |
kin_train_00648 | kin | Gicumbi Distr Byiringiro Fidele wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere ka Gicumbi yeguye ku mirimo ye ku mpamvu avuga ko ari ize bwite. | Gahunda ya siporo ya buri wa gatanu ku bakozi ba leta igomba kubahirizwa kandi utayitabiriye agahanwa, nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gicumbi Byiringiro Fidele yabigarutseho. | 2 | 0.56 |
kin_train_00649 | kin | Abaganga barashaka ko Leta itanga ibikoresho byujuje ubuziranenge kandi bihagije byo kurinda abakozi bose b’ubuzima mu bigo nderabuzima byose, harimo n’abakora mu bitaro byigenga. | Barashaka kandi ko Leta yaha abakozi bose b’ubuzima bari mu bikorwa byo kurwanya covid-19, amafaranga y’ubwishingizi ku buzima bwabo. | 2 | 0.38 |
kin_train_00650 | kin | Ikigo cy'ubucuruzi mpuzamahanga "Costco" gikora ibikorwa by'ubucuruzi mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, cyagejeje ikawa y'u Rwanda ku isoko mpuzamahanga, iriho ikirango cya "Kirkland". | Ibi ni bimwe mu byatumye ikigo mpuzamahanga cy'ubucuruzi cyari gisanzwe kivanga ikawa y'u Rwanda mu yo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi, kiyicuruza yonyine. | 2 | 0.47 |
kin_train_00651 | kin | Nk’uko byemezwa na Komiseri Mukuru wa RRA, Richard Tusabe, imwe mu nzira bazifashisha mu kubigeraho ni ubukangurambaga. | Komiseri mukuru wa RRA, Richard Tusabe, avuga ko hazakorwa ubukangurambaga mu rwego rwo kongera umusoro utangwa n'abakora ibikorwa binyuranye [email protected] | 2 | 0.81 |
kin_train_00652 | kin | Icyo gitekerezo cya MacKinnon icyakora kiracyahura n’imbogamizi mu mategeko, aho Itegeko Nshinga Amerika rikirimo icyuho ku kuba Visi Perezida warigeze gutorerwa kuba Perezida inshuro ebyiri. | Itegeko Nshinga kandi rya Amerika ku bijyanye na Visi Perezida, rivuga ko umuntu ufite imiziro yo kutaba Perezida atemerewe no kuba Visi Perezida. | 2 | 0.56 |
kin_train_00653 | kin | Abasore b'ikipe ya Zimbabwe batatse bikomeye izamu ry'ikipe ya Mali, ndetse bakanabona uburyo bwashoboraga kuvamo igitego ariko ntibabubyaza umusaruro kugeza igice cya mbere kirangiye. | Igice cya kabiri cyatangiye amakipe yombi ashaka igitego, akanyuzamo agasatirana bikomeye, ariko ikipe ya Zimbabwe yo yatakaga bikomeye mu minota ya mbere y'igice cya kabiri. | 2 | 0.44 |
kin_train_00654 | kin | Inkomoko y’Insigamugani ‘Yateje ubwega’ Uyu mugani bawuca iyo bumvise umuntu uvuga yamagirira cyane kugira ngo rubanda imugoboke, ni bwo bavuga ngo “Umva naka arateza ubwega”. | Inkomoko y’Insigamugani ‘Bakunda inkwi bakanga abashenyi’ Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu ukunda ibintu kuruta ababikora, nibwo bavuga ngo “Bakunda inkwi bakanga abashenyi”. | 2 | 0.22 |
kin_train_00655 | kin | Mugabe Aristide: Navuga ko ari Espoir BBC, kuko APR BBC yari imaze kurekura abanyamahanga bose, Kami Kabange na Ngando Bienvenue bahise baza muri Espoir BBC. | Mugabe Aristide: Umukinnyi witwa Ngando Bienvenue ni we navuga ko twakinanye bikanyorohera cyane, gusa hari n’abandi nka Kami Kabange, Kajeguhakwa Bunene. | 2 | 0.5 |