Dataset Viewer
Auto-converted to Parquet
audio
audioduration (s)
1.56
11
clean_text
stringlengths
19
174
icyo gihugu ubukungu bwacyo bugenda buzahara kubera indwara ya ebola
kazane arena ni sitade yubatse mu mujyi wa kazane mu burusiya
indyo yuzuye iri mu byo umuntu wamaze guhagarika kwikinisha agomba kwibandaho
aya makipe yombi azahura mu mikino yo kwishyura izasubukurwa mu mpera z'iki cyumweru
itanura riratangira rigashonga wacana umuriro ntufatwe amatafari akazacumbirwa n'imyotsi ntatukure
kandi ngo leta ifite inzego zihagije zo kwubahiriza uburenganzira bwa muntu
ati abaturage ntibemerewe kubaka inzu nshya ariko bemerewe gusana cyangwa kuvugurura izo babamo
zimwe mu mpamvu yavuze harimo kutagirira icyizere abacamanza no kutakirwa kw'abatangabuhamya bashinjura
umusore abona inomero yanjye ya telefoni akanyoherereza ubutumwa bw'urukundo
kuva nava mu ikipe ya misirimpora nifuza ko naba ari jyewe uba umukinnyi wayo mwiza mu mateka
abagize ayo mashyirahamwe bazasura inzu z'abarokotse jenoside zasenywe n'abashakaga gusibanganya amateka yayo burundu
uwo mukinnyi yabajijwe icyo yifuza ku bijyanye n'ubuzima bwe bw'imibonanompuzabitsina
bitewe n'uko itegeko nshinga ry'u rwanda ritemera gusezeranya ababana bahuje ibitsina
kugeza ubu nta kipe ifite igikombe cya shampiyona mu bwongereza yatsinzwe umukino ubanza wa shampiyona yakurikiyeho
nzabamwita yatangaje ko bishimira uburyo abanyarwanda bitabira kwinjira mu gisirikare cy'igihugu
benshi batangiye kwemeza ko ariwe muhanzi bagiye gufatanya kwamamaza ibikorwa byayo
azi ubwenge kandi yumvikana n'abandi n'ukwemera kwe ntikujegajega
mu myaka irindwi itaha umuryango inkotanyi wifuza ko u rwanda rukomeza gutera imbere
ati hari ubwo njya mu cyumba nkarira mbitewe n'ibyo bamvuzeho mu itangazamakuru
bwana petero yavuze ko yari asigaye yumva yaratereranywe na leta y'ubufaransa
pawulo yabonaga eliya nk'umwanzi we kuko yamucyahaga kubera ibyaha yakoraga rwihishwa
mayirungi ni ikiyobyabwenge kandi uyifatanywe wese arabihanirwa
yavuze ko ntacyo ashobora kubitangazaho kuko byaba binyuranyije n'ibyo yumvikanye n'abo bakinnyi
abatutsi bahungiye kuri kiliziya ya mukarange no mu nkengero zayo nabo barishwe barashira
banashinjwe na bagenzi babo kubatwara ibiraka kandi bakora mu buryo butemewe
muri gahunda iri joro turaza kumva mahoro aganira n'umuhanzi mariya
igihe kimwe ngo yigeze kuvuga ati iyo gasaro ataba umukobwa wanjye nari kumutereta
hari iteka rya perezida ryemeza burundu ibyemezo ndakuka by'inama nkuru y umuryango
umwami salomo yanitaye ku kugira imico myiza kandi itunganye
ikindi basabwa ni ugukoresha lisansi cyangwa mazutu itavomewe mu tujerekani cyangwa mu ngunguru
isimbi ntatinya kugaragaza urukundo akunda umugabo we gakumba wamwemeye mu gihe we yari yariciriye urubanza
bamwe mu bafashwe bari bafite impapuro z'inzira zo muri afurika y'epfo
kuburyo habonetse amahirwe yo gukina filime zo ku rwego mpuzamahanga nakwitabira amajonjora y'abakinnyi
iki kibazo kizasubizwa n'umwambaro w'abamotari bazakorera mu mujyi wa kigali
ati ubusanzwe ubuharike n'ubushoreke byose itegeko rirabibuza ntawemerewe kuzana inshoreke cyangwa guharika uwo bashakanye
amakara yifashishwa n'ingo zitari nke mu rwanda mu guteka
hasigaye umukino umwe n'ibirarane kugira ngo shampiyona y'uwo mupira w'intoki irangire
niba udakina neza kurusha abandi bakinnyi undi umuntu yafata umwanya wawe
aka gakoresho gakozwa ku mubiri w'upimwa kanseri kakahashyira agatonyanga gato k'amazi
ati mahungu yamaze kwiyita arufonsi yishimira kujya asohoka mu bitaro agahura n'abaturage maze na bo baramwishimira cyane
ati ni umwanya wo kureba abakiri bato bafite impano no kubashishikariza kuzikoresha
inshingano yacu nk'abaturage b'abayisilamu ni ukugira uruhare mu gushakira hamwe ibisubizo tutitaye ku byo buri wese yifuza
igice cya kabiri cyaranzwe n'uko buri kipe yashakaga kubona intsinzi
babiri biciwe i nayirobi polisi yavuze ko bitwaje imyigaragambyo bakajya kwiba
ikigo cya kagorogoro cyahoze ari icya diyoseze gatolika ya byumba muri paruwasi ya bungwe
evode imena wafashe isaha irenga yisobanura ku byo akuriranyweho
buri mpunzi ihabwa imfashanyo igomba kuba yarabaruwe mu buryo bw'ikoranabuhanga inagaragaza imyirondoro yayo
inzuki ziba zikurikiranye indabo kuko ari ho zihova
ibi binatera impungenge bamwe mu babyeyi kuko ngo abana babyuka iteka bavuga ko bagiye ku rugerero
bwagaragaje ko uduce tuzibasirwa cyane ari utwo mu mugabane wa afurika na aziya
sinari kumwibagirwa kuko yanshenguye umutima kabiri kandi sinshobora na rimwe kumubabarira
yaririmbye nyinshi mu ndirimbo ze mu muziki w'umwimerere uryoheye amatwi
no mu buzima ufashe urugero rw bitaro by'indwara zo mu mutwe by'i ndera ibintu byose ubu bikoresha ikoranabuhanga
ahubwo ndatangaye kuko ikiganiro nagiranye na perezida nkurunziza ndumva ari amahoro gusa
iyo nzu ni nto ariko ni nini bihagije kuri twe
ingabo z'abafaransa zishinjwa kureka interahamwe zikinjira ahari hahungiye abatutsi zikabica
iyi ni yo myanzuro yafatiwe muri iyo nama nk'uko tubikesha radio salusi
bashobora kuba mu bantu ba mbere bari buhabwe urwo rukingo rurimo rugegezwa
ibi bishobora gutera imyuzure n'inkangu ndetse hari n'aho inkuba zikubita abantu n'amatungo
kaminuza zishyirwa ku rutonde hakurikijwe uburyo zigaragaza ibikorwa byazo ku mbuga za murandasi
abahanga bavuga ko gukosa ari ibisanzwe ariko ko kongera gukora iryo kosa aribyo bibi
imana yavuze rimwe we abyumva kabiri ariko twe imana ivuga kenshi rimwe na rimwe ntitubyumve
ati ubutumwa bwanjye nka ambasaderi ni ukureba niba twumva kimwe icyo diyasiporanyarwanda bisobanura
rutikanga niwe wari uhagarariye umuyobozi w'ingabo mu ntara y'iburasirazuba n'umujyi wa kigali
aba baturage ntibabyemeye bahise babimenyesha sitasiyo ya polisi ya kanyinya maze ifata iyo modoka n'umushoferi
ese ni ubuhe buryo n'intwaro kamali afite byo gukoresha ngo yigizeyo diyane
bavanwe mu bufaransa bajyanywe mu karere ka karongi n aka rutsiro
amakara yifashishwa n'ingo zitari nke mu rwanda mu guteka
agira ati nageze hano mfite imyaka itandatu ariko nkambakamba kuko nari naramugaye amaguru yombi
kuba abana be barabaye inzererezi mukantaganzwa avuga ko nk'ubuyobozi batari babizi ariko ko bagiye kubikurikirana bigakemuka vuba
basabwe kwimakaza ubufatanye na komite nyobozi babaha amakuru yangombwa baba bakeneye
igikombe ali yegukanye cyaherukaga gutwarwa na esiperanse ariko uyu mwaka amahirwe ntiyayisekeye
byukusenge yakinnye inshuro umunani mu mateka ye
ati ibibazo bizahoraho ariko tureba mbere na mbere ikinyabupfura abakozi bafite
akenshi nta n'icyo mbona kinkwira kuko ndi munini birenze urugero
abandi bapfiriye mu mamodoka yabo mu mihanda no muri za parikingi byo munsi y'ubutaka
hafunguwe ikigo cy'amahugurwa y'abanyabukorikori mu myuga yo kubaka kubaza no kudoda
bimenyimana we ati nubura icyo uvuga ntukavugishwe wa gisaza we cy'igisazi
banashingira ku rugendo imodoka itwara ibishingwe ikora igana ku kimoteri cya nduba
aya mabwiriza yashyizweho bwa mbere n'ikigo gitsura ubuziranenge cy'abongereza ari na cyo cyayubahirizaga gusa
turebye ukuntu barasaga bagambiriye kurasa banki nkuru dutekereza ko ari abajura bashakaga kwiba
iki kinyamakuru kivuga ko abenshi mu bantu bari mu kabari bari biganjemo abakunzi ba bobi wayine
hari abantu benshi barokowe nk'uko itangazamakuru ry'aho ryabivuze
ngirente yagaragaje ko kugwingira bigira ingaruka zikomeye ku bana
kubaho ubuzima burimo umurengwe bibazanira ingaruka ku mubiri no mu bitekerezo
hatangijwe ubukangurambaga bwiswe impuhwe bukorerwa alise wakatiwe igifungo cya burundu
bonongo yavuze ko yafashwe mu masaha y'ijoro avuye kubonana n'abamuyobora akayoberwa inzira
hari ingero nyinshi z'ibintu bifitanye isano no kurwara kanseri
yahageze umugore wa karemera n abana be baryamye hasi
uyu mugore utagaragaye mu rukiko yaburanye ahakana ibyo ashinjwa anemeza ko habayemo kubogama
nyakarundi yagize ati dufite imiti ikoreshwa ku ruhu ahafite ikibazo
bakame yavuze ko adashobora guhemukira rayon sports ngo n'uko ikennye
byari ku bushake bwe ngo yinjire neza mubyo arimo
iradiyo imwe yari yavuze ko umukinyi w'imbere yanyoye urumogi mbere yo kwimenyereza
ati n'ubundi abagize amakoperative nibo bakiriya bacu kuko banki z'ubucuruzi batihutira kuzijyamo
hana yasengeraga mu mutima iminwa ye ikanyeganyega ariko ijwi ntirisohoke
ni indirimbo nshya yaririmbyemo
kuva mu mpera z'icyumweru gishize mukandoli usanzwe uba i burayi yaje i kigali gusura murego
gusa yakomeje agira ati ariko ntiturakemura ikibazo cy'abanyarwanda bajya muri afurika y'epfo
yivuze ibigwi avuga ko ari we muhanzi wa mbere muri uganda kandi ko ashimira abavandimwe be
End of preview. Expand in Data Studio

Dataset Card for "original_tts"

More Information needed

Downloads last month
13